Kuri uyu wa Kane indege z’intambara za Israel zatangiye kurasa muri Lebanon. Ni ibitero 100 byakozwe nyuma gato y’uko guhera kuri uyu wa Kabiri hari ibikoresho by’ikoranabuhanga abarwanyi ba Hezbollah...
Urwego rwa Israel rushinzwe ubutasi bwo hanze rwitwa Mossad rurashinjwa gutega ibiturika mu bikoresho by’itumanaho bya Hezbollah bikica abantu benshi abandi bagakomereka cyane. Ibyo byuma umuntu yakw...
Ni ibivugwa n’abakurikiranira hafi ibiri kuba mu isi ya none. Babishingira ku biri kubera mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine kuko nk’ubu Uburusiya buravugwaho guha Iran intwaro za kirimbuzi nayo ikabu...
Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho. Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru abarwanyi ba Hezbollah barashe ibisasu bya Katyusha 320 muri Israel mu rwego rwo kwihorera ku gitero Israel iherutse kwiciramo uwari umuyobozi wa gisirikare wa Hezbollah...
Intumwa ya Vladmir Putin yitwa Sergei Shoigu iherutse i Teheran muri Iran iganira na Perezida wayo Masoud Pezeshkian uko yakwitwara kuri Israel, imubwira ko yayirasa ariko akirinda guhungabanya abasiv...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwatangaje ko buzahorera Ismael Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas waraye yishwe na Israel imurashe missile. Yamwishe aryamye aguye agacuho kuko yari yiriwe mu mu...









