Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma. Abivuze nyuma y’igihe...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yateranije inama y’abayobora inzego za gisirikare z’igihugu cye ngo bigire hamwe icyo bakora ngo bahane Iran kubera ibitero bya missile...
Nk’uko umwe mu bayobozi bakomeye muri Amerika yari yabibwiye BBC ko bafite amakuru y’uko Iran iri gutegura igitero kuri Israel, mu masaha y’ijoro koko Teheran yaharashe missi...
Umuyobozi wa Divisiyo ya 98 witwa Brig. Gen. Guy Levi niwe waraye uhaye amabwiriza ingabo ze ubwo zambukaga zigana mu Majyepfo ya Lebanon kurwana na Hezbollah. Yari ari kumwe n’uyobora umutwe ud...
Hamas ikomeje kuzahazwa n’ibitero bya Israel kuko mu ijoro ryacyeye hari umuyobozi wayo muri Lebanon nawe waraye wishwe. Yishwe akurikira umuyobozi wa Hezbollah nawe wishwe mu mpera z’Icyumweru gishiz...
Ku mupaka wa Israel na Lebanon hari ibifaro bibarirwa mu magana byiteguye kwinjira muri Lebanon. Amafoto menshi arerekana abasirikare ba Israel bari hafi y’ibifaro byabo basa n’abiteguye amabwiriza yo...
Umuntu wese ushyira mu gaciro ntiyabura kwemeza ko kuba Israel yarishe umuyobozi wa Hezbollah byashegeshe uyu mutwe. Hassan Nasrallah yari amaze imyaka irenga ayobora uyu mutwe washinzwe na Iran ngo u...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ingabo witwa Lloyd Austin yaraye ahamagaye mugenzi we uyobora ingabo za Israel witwa Minisitiri Yoav Gallant amumenyesha ko Biden atashimishijwe n...
Byatangajwe na Lt Gen Herzi Halevi. Uyu musirikare avuga ko ibitero byo mu kirere buri kugabwa muri Lebanon biri gutegura ibyo ku butaka. Kugeza ubu abantu 90,000 nibo bamaze kuvanwa mu byabo batinya ...
Mu Majyepfo ya Lebanon imiryango iri guhunga ku bwinshi yanga ko abayigize bahitanwa n’ibisasu by’indege za gisirikare za Israel. Ubuyobozi bw’izi ngabo bwari buherutse gusaba abatuye mu bice Hezbolla...







