Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia. Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Ha...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangije iperereza ngo hamenyekane igihugu mu byo zikorana nabyo cyaba cyatinyutse kumena amabanga y’ibyo Israel yateganyaga gukora igihe izaba yateye Iran. Ayo makuru yas...
Igisirikare cya Israel kivuga ko inite yacyo (unit) ya Brigade Bislamach ya 828 yamaze igihe runaka igenzura ahitwa Tal al-Sultan, agace ko muri Rafah, ku wa gatatu. Yaje kubona abarwanyi batatu maze ...
Ingabo za Israel zemeza zidashidikanya ko zishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas. Mu masaha ya kare byari byanuganuzwe ariko Israel ibanza gusuzuma imirambo y’abarwanyi ba Hamas bari baguye mu gite...
Amakuru agisuzumwa n’ubuyobozi bwa Israel aravuga ko Yahya Sinwar aherutse kugwa mu gitero iki gihugu giherutse kugaba muri Gaza. Ni igitero cy’indege cyagabwe kuri uyu wa Kane. Icyakora ni amakuru at...
Bamwe bashobora kuba batabizi, ariko burya Ubufaransa busa n’ubwakolonije Lebanon.Kuba Israel iri gusenya ibikorwaremezo by’iki gihugu mu ntambara iri kurwana na Hezbollah, ntibishimisha E...
Drone ya Hezbollah yaraye irashe igisasu ku ngabo za Israel aho zari ziri mu birindiro byazo biri ahitwa Binyamina hapfa abasirikare bane, abandi barenga 60 barakomereka, bamwe mu buryo bukomeye. Ubu ...
Ingabo za Israel zatangaje ko mu masaha 24 ashize zagabye ibitero 200 by’indege mu bice bya Lebanon byiganjemo abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho kandi hari diviziyo enye z’ingabo z’iki gihugu ziri ku...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel butangaza ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukwakira zaguriye ibitero byazo mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Lebanon. Byari bimaze iminsi bigabwa mu Maj...









