Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Umuvugizi w’ingabo za Israel ushinzwe itumanaho mu Cyarabu witwa Col. Avichay Adraee yatangaje ku mugaragaro ko izi ngabo zatangije ibitero byeruye byo ku butaka mu bice byose bisigaye bya Gaza....
Elimelech Stern w’imyaka 22 akurikiranyweho n’urukiko rw’i Yeruzalemu rwitwa Jerusalem District Court kubera kuregwa kunekera Iran bikozwe n’umugore witwa Anna wamuhembaga amafaranga mu buryo bw’ikor...
Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Marco Rubio yageze i Yeruzalemu ajyanywe no kuganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu ku ntambara muri Gaza no kumubaza icyamuteye kurasa kuri Qa...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Mohammed ben Abdelrahmane al-Thani avuga ko Benyamini Netanyahu agomba gukurikiranwa mu butabera kuko yategetse ko ingabo ze zirasa i Doha mu Murwa mukuru w’ig...
Ingabo za Israel zarekuriye mu baturage impapuro zisaba abagituye muri Gaza kuhava bagakiza amagara yabo inzira zikigendwa. Zirateganya igitero simusiga kizakukumba ibice byose bya Gaza bisigaye kugir...









