Isoko ryubakiwe abahoze bazunguza ryo mu Kagari ka Kibenga,Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ryakongotse. Kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k’ibyangiritse ndetse n’icyateye iriya nkongi. Icya...
Elon Musk yatangaje ko Linda Yaccarino ari we wamusimbuye ku buyobozi bwa Twitter ku rwego rw’isi. Yaccarino ni umugore wavutse mu mwaka wa 1963 akaba asanzwe ari inzobere mu by’itumanaho. Afite inkom...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori byagabanutse, ku rundi ruhande iby’ibicuruzwa ku isoko byo bikomeje kuzamuka. Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko muri Werurwe, 2023 ...
*Ikimoteri cya Nduba ni kabutindi yugarije abatuye Kigali *Ikigo cyo mu Birwa Bya Maurice Cyimwe isoko *Icyizere cy’uko bizakemuka kirahari… N’ubwo Umujyi wa Kigali wabaye icyatwa kubera isuku, ku r...
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze hari isoko rifite ubwiherero bugizwe n’ibyumba bitatu ariko bintinze ibiti byamaze kubora. Ababwifashisha batakambira inzego zo bwasanwa kandi bukagirwa bwins...
Imibare itangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, itangaza ko mu cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo amagi, im...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda nyinshi akamaro. Umwaka wa 2...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania. Ni umwe mu mipaka ikoreshwa cyane haba k...
Mu Karere ka Ngororero haherutse gufatirwa abaturage barindwi bari bafite ibuye ry’agaciro rya Lithium bacukuye bidakurikije amategeko. Ryapimaga toni 1 n’ibilo 390. Bafashwe k’ubufatanye n’inzego z’...
Bimwe mu biribwa byatangiye kugabanuka mu biciro harimo ibishyimbo byitwa Shyushya, byavuye ku Frw 1500 ku kilo bigera kuri 720Frw, ibishyimbo byitwa Mutiki biva ku Frw 1500 bigera ku mafara Frw 1200,...









