Thapelo Tsheole wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigo cya Botswana gishinzwe imari n’imigabane yahawe uyobora ikigo gikora iyo mirimo mu Rwanda kitwa Capital Market Authority, CMA. Mu minsi 30 nib...
Hari abacuruzi babwiye itangazamakuru ko kubona amadolari bigoye. Iyo urikeneye byihuta cyane ugiye kuriguha ashobora kuguca andi madolari kugira ngo abone inyungu kandi ntuzuyaza kuyamuha kuko uba ub...
Isoko ryubakiwe impunzi zo mu nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe hafi ya Station ya RUBIS ryahiye rirakongoka. Amashusho yashyizwe kuri X n’umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu arerekana ibibatsi by’um...
Iby’uko ibiciro byagabanutse ku isoko ku ijanisha rya 5% byatangajwe n’ikigo cy’igihugu gikora ibarurishamibare, NISR. Mu Ukuboza, 2023 byari byagabanutse ku gipimo cya 6.4 %. Ibicir...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa Rwanda FDA cyatangaje ko hari imiti ikozwe mu bimera itujuje ubuziranenge yakuwe ku isoko ry’u Rwanda. Itangazo ribi...
U Rwanda ruri kwifatanya n’ibindi bihugu by’Afurika mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Murwa mukuru wa Misiri witwa Cairo. Rwamuritse kandi rugurisha ibyo rwahanze birimo imyambaro, ibiribw...
Urubuto rw’avoka ruri mu mbuto u Rwanda rusanzwe rwohereza hanze yarwo ariko kuri uyu wa Kane taliki 26, Ukwakira, 2023 nibwo bwa mbere rwohereje uru rubuto mu Buholandi. Ni igikorwa cya Guverinoma y’...
Ubutaka bw’Akarere ka Rubavu buri mu butaka bwera cyane imboga haba mu Ntara gaherereyemo n’ahandi mu Rwanda. Nk’uko bimeze no ku bindi bihingwa, imbuto nziza niyo ntandaro y’umusaruro muzima. Ikibazo...
Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangarije ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24, uzatangira ku wa 25 Nzeri 2023, ku biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, hari bamwe mu babyeyi babwiye ...
Abahanga mu bukungu bavuga ko iyo ugereranyije uko ibiciro by’ibiribwa ku isoko byari bimeze muri Mata, 2023, n’uko byari byari bimeze muri Gicurasi uyu mwaka, ubona ko byagabanutseho 14%. Ikigo cy’ig...









