Ku nshuro ya 16 mu Rwanda hagiye gukinwa isiganwa, Tour du Rwanda. Kuri iyi nshuro rigiye gukinwa n’ibihangange bitandukanye muri byo umunani bakinnye Tour de France Taliki 18, Gashyantare, 2024 nibw...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Mutarama, 2024, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryasinyanye amasezerano na Sosiyete za A.S.O yo mu Bufaransa na Golazo yo mu Bubiligi ngo azarifashe...
Minisitiri wa Siporo afatanyije n’ubuyobozi bw’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi( UCI) no mu Rwanda, FERWACY, batangaje ku mugaragaro ko u Rwanda ruzakira isiganwa ry’amagare ku rwego rw...
Irushanwa ryiswe Kigali Peace Marathon ryari risanzwe ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, guhera mu mwaka wa 2024 rizazamurirwa urwego rijye ku rwego rw’isi. Ni amakuru yatangajwe na...
Igice cya marathon cy’isiganwa mpuzamahanga ryitwa Kigali Peace Marathon ryabereye mu Mujyi wa Kigali cyatsinzwe ahanini n’abanya Kenya kuko ari bo bihariye imyanya 10 ya mbere. Umunya Kenya witwa Umu...
Umusuwisi Matteo Badilatti niwe wegukanye etape ya gatandatu yavaga i Rubavu ijya i Gicumbi. Ni intera ya 157Km. Hagati aho Umunyarwanda Mugisha Moise wegukanye etape ya 8 muri Tour du Rwanda ya 2022,...
Ethan Vernon wari uherutse gutwara agace ka mbere kavaga i Kigali kagana i Rwamagana, niwe watwaye n’akavaga i Kigali kagana i Gisagara. Umunyarwanda witwa Eric Muhoza niwe wahize bagenzi be aza ku m...
Umwongereza witwa Ethan Vernon ukinira ikipe yitwa Soudal-QuickStep ni we utsindiye agace ka mbere ka Tour de Rwanda kavaga i Kigali kagana i Rwamagana. Kari agace kareshya na Kilometero 115,6. Bahagu...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare yaraye ageze Libreville muri Gabon kwitabira isiganwa mpuzamahanga ryitwa La Tropicale Amissa Bongo. Riratangira kuri uyu wa Mbere taliki 23...
Kuva kuri uyu wa Mbere Taliki 11, Ukwakira, 2022 mu Karere ka Musanze muri Africa Rising Cycling Center hatangiye umwiherero wo gutegura Tour du Rwanda 2023. Bari kwitegura kandi andi marushanwa mpuza...









