Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12, Ukuboza, 2024 Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka kubera icyizere bagiriye u Rwanda bakaza mu nama...
Umunya Uganda[kazi] Rebecca Cheptegei uherutse gutwika n’umukunzi we arashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Nzeri, 2024 mu cyubahiro cya gisirikare. Yari umukinnyi kabuhariwe mu kwiruka akaba ...
Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Magnifique Umutoniwase yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa ku maguru muri metero 100 mu irushanwa riri kubera muri Uganda. Iryo rushanwa ryo gusiganwa ku maguru ni iry’Ibigo by’amashuri yisumbuye...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga y’abatwara moto kitwa Formula One kugira ngo ruzaryakire ka...
Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024. Ibyo byatangarijwe mu Nama...
Mu mpera z’Icyumweru kizarangira taliki 10, Werurwe, 2024, mu ishyamba rya Nyungwe hazabera isiganwa ku maguru ryiswe Nyungwe Marathon. Abariteguye bavuga ko nta gihembo icyo ari cyo cyose zkiz...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 02, Werurwe, 2024 i Huye mu kigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare , Indatwa n’Inkesha, harakinirwa irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka Padiri Kayum...
Ku munsi wayo wa Gatatu wa Tour du Rwanda ( ushyizemo n’umunsi iri siganwa ryatangiriyeho) abasiganwa barahaguruka mu Karere ka Huye bagana mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Kamembe. Abasiganwa barac...
Mu masaha make ari imbere mu Rwanda haratangira isiganwa rya Tour du Rwanda ku nshuro ya 16. Rizagira uduce umunani( etapes, stages), aka mbere kakaba kari butangirire kuri BK Arena kuri uyu wa 18, Ga...









