Tadej Pogačar niwe utwaye shampiyona y’amagare uruhande rw’abagabo, akaba ayitwaye bwa kabiri. Umwaka ushize yari yatwaye n’iryabereye i Zurich mu Busuwisi. Perezida Kagame niwe uri ...
Nyuma yo guhabwa umudali umushimira uruhare yagize mu gutegura no gutuma isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi ribera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yabwiye abariteguye ko bahawe ikaze mu gihugu igihe ...
Hagati y’itariki 21 n’iya 28, Nzeri, 2025 mu Rwanda hazabera irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi. Bamwe mu bazasiganwa bashima uko imihanda y’u Rwanda ikoze, bakemeza ko n’ikirere cyarwo ...
Uburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika. Uyu mugabo yari bwitabire agace...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwemeje ko Umufaransa wari ufite umwenda w’umuhondo witwa Fabien Doubey ari we watwaye Tour du Rwanda,. Hari nyuma yo gutangaza ko agace ka karindwi kabaye impfabusa kuko ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame niwe watangije isiganwa mpuzamahanga Tour du Rwanda rizazenguruka u Rwanda mu gihe cy’Icyumweru. Umunyarwanda witwa Jean-Claude Nzafashwanayo ukinir...
Mu minsi mike iri imbere Abanyarwanda barongera bishimire kureba isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda rizaba ku nshuro ya 17. Rizangira ku Cyumweru tariki 23, Gashyantare, rigatangirire mu mujyi ...
Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
Queen Kalimpinya usanzwe uzwi mu gutwara imodoka zikora isiganwa kandi uri muri bake nkawe babikora neza, yatangaje ko atakitabiriye isiganwa rizabera muri Uganda kuri uyu wa Kane kubera uburwayi. Iri...
Mu buryo budasubirwaho, Perezida Kagame niwe watangaje ko u Rwanda rutanze Kandidatire yo kuzakira Formula 1. Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa r...








