Itsinda ry’abahanga mu binyabuzima ryatangaje ko 80% y’amoko y’ibinyabuzima ataravumburwa kandi ko igiteye impungenge ari uko hari menshi muri yo azacika ku isi atavumbuwe kubera ibikorwa by’abantu bi...
Muri iki gihe abahanga bakunze kuburira abanyapolitiki ko niba bashaka ko abaturage babo bazabaho mu gihe kiri imbere barya bagahaga, bagombye kwita ku bidukikije, bakabirinda kwangirika. Ariko se ubu...
Umusaza Nyagashotsi Epimaque yigeze kuba umurwanyi mu bitwaga Inyenzi ndetse ngo yafatanyije n’abarwanyaga Hitler mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ubu afite imyaka 101. Ni umusaza muremure ufite nka meter...


