Abakurikiranira hafi uko ikawa inyobwa ku isi n’uko abantu bayikunda kandi bakabihuza n’ibibazo biri mu buhinzi, bavuga ko kugeza ubu hari ubwoba bw’uko ishobora kuzabura ku kigero cya 60% mu gihe git...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere n’imibereho myiza y’abaturage ryatangaje ko hasigaye amezi ane kugira ngo abatuye isi bagere kuri Miliyari 8. Ni imibare yerekana ko muri iki gihe...
Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo Abanyafurika benshi(80%) bafite telefoni zigendanwa kandi zifite ubushobozi bwo kwakira murandasi, abenshi muri aba badafite murandasi ihagije abandi ntibagire namba...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yakiriye intumwa za Banki y’Isi zaje kureba uko u Rwanda rukoresha inkunga n’inguzanyo iruha. Yazakiriye bagirana ibiganiro birambuye byagarutse cyane ku...
Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021. Imibare iherutse gutangazwa ivuga ko mu kirere harekuriwe...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni ukuri buri...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko ngo amahirwe ni uko nta ...
Ibiro bya Banki y’Isi bitangaza ko ubutaka bw’Afurika bwugarijwe n’isuri, kubumenaho imyanda itabora nka Pulasitiki, ubuhinzi budatuma ubutaka buruhuka n’ibindi. Muri ibyo bindi bituma ubutaka bw’Afur...
Ibisigaramatongo bihora binyomozanya ku hantu ha mbere muntu yaba yaratuye. Ibiherutse kuvumburwa mu butayu buri Afurika y’Epfo ahitwa Wonderwerk bwerekana ko muri buriya butayu ari ho ha vuba umuntu ...
Nyuma y’u Buhinde, Uganda niyo ya kabiri ku isi mu kweza urutoki rwinshi. Ugereranyije ubuso bwa Uganda n’ubw’u Buhinde, ukibuka ko ubuhinde buruta Uganda inshuro 14, watekereza ko Uganda ihinga uruto...









