Amakipe y’u Rwanda akina umukino witwa Sitting Volleyball mu bagabo n’abagore yatsindiye kuzakina Shampiyona y’isi izabera mu Bushinwa mu mwaka wa 2026. Iyo ntsinzi yabonetse nyuma kwitwara neza muri ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Mu myaka myinshi raporo zitandukanye zashyiraga u Rwanda mu myanya ya mbere mu guteza imbere ubukungu muri Afurika. Nubu birakomeje kuko hari n’iyasohotse vuba aha yitwa CPIA ya Banki y’isi ivuga ko a...
*Iyi nama bazigira hamwe uko ubukungu bw’isi bwasaranganywa Paul Kagame ari muri Arabie Saoudite mu ruzinduko azitabiramo inama mpuzamahanga ku bukungu bw’isi. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Mata, 2...
Banki y’Isi yasohoye icyegeranyo ku bumenyi n’ubushobozi abaturage bafite ngo batange umusaruro ku isoko ry’akazi hagendewe ku mashuri bize. Bikubiye mu cyegeranyo kiswe Human Capital Index kigaragaza...
Mu mijyi minini ya Israel hari ubwoba bw’uko Iran iri bugabe ibitero kuri Israel. Amerika nk’inshuti ya Israel ivuga ko amakuru y’iki gitero ari impamo kandi byatumye isaba abaturage...
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco [UNESCO], Audrey Azoulay yagejeje kuri Perezida Kagame Paul icyemezo cy’uko inzibutso enye za Jenoside yakorewe Aba...
Zimwe mu nama Banki y’isi yaraye ihaye Guverinomaa y’u Rwanda nyuma yo gutangaza raporo ku miterere y’ubukungu bwarwo, zivuga ko ikwiye kureka ishoramari ryinshi rigakorwa n’abikorera ku giti cyabo. N...









