Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri k’ubutegetsi...
Ishyaka PL( Parti Libéral) riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu ryatoye Hon Donatille Mukabalisa ngo yongere ariyobore ku rwego rw’igihugu. Ni nyuma y’amatora aherutse guhuza abagize Ko...
Dr. Frank Habineza aherutse gusaba imbabazi abantu barakajwe cyangwa bababajwe n’uko yasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe iyirwanya . Uyu muyobozi yabwiye itangazamakuru ko kuba nyuma yarasabye i...
Ishyaka Green Party rya Frank Habineza riravugwamo amacakubiri ashingiye k’ukuba hari abagize Komite nyobozi bavugwaho gushaka kuricamo ibice bakariremeramo irindi shyaka. Habineza ariko yabwiye...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. Hashize amasah...
Mu gihe abaturage ba Uganda muri rusange bataribagirwa amasasu yishe abaturage bamaganaga itorwa rya Perezida Museveni riheruka, ubu i Kampala hari undi mugambi uri gutunganywa w’uko Itegeko nshinga ...
General Siphiwe Nyanda niwe wemeza ibi. Abishingira ku makosa ya Politiki iri shyaka riyobora Afurika y’Epfo ryakoze mu mateka atari aya kera, ritigeze rikuramo isomo n’ubu akaba arigejeje ahabi. Ikos...
Nyakubahwa Ambasaderi w’u Bushinwa Mu Rwanda Rao Hongwei yahaye Taarifa ikiganiro ku mubano wa kiriya gihugu n’u Rwanda muri iki gihe U Rwanda rwizihiza imyaka 27 rwibohoye n’imyaka 100 u Bushinwa buy...
Mu gihe u Bushinwa bwitegura kwizihiza ikinyejana( imyaka 100) ishyaka riri ku butegetsi ritangiye kubuyobora, Perezida Xi Jinping yavuze ko kuva ririya shyaka ryashingwa, ryakoze ibyo andi mashyaka k...
Umunyapolitiki witwa Marine Le Pen yatangarije France Inter ko iyo yitegereje uko amatora ari kugenda, asanga hari ikizere cyo gutsinda. Anenga Emmanuel Macron ko afata Abafaransa nk’abana b’imyaka in...









