Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Ubutegetsi bwa Mozambique bwatangaje ko Venâncio Mondlane uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yamaze guhungira muri Afurika y’Epfo. Yahunze nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bigaragambije baka...
Kafutshi wari usanzwe utwara umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta ya Tshisekedi witwa Moïse Katumbi Chapwe aravugwaho kurigiswa. Imiryango itatu iharanira uburenganzira bwa muntu yabyamag...
Ku wa Gatatu taliki 10, Ukwakira, 2024 abaturage ba Mozambique bazitabira amatora y’umukuru w’igihugu. Ni amatora bivugwa ko azaba ari ay’amateka kuko hitezwe ko umugabo w’imyaka 47 y’amavuko witwa Da...
Amakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze. Impamvu ibitera ni uko ashaka gu...
UDPS ni ryo shyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka irenga itanu ishize. Icyakora ngo ubu ririmo amacakubiri akomeye. Ababirebera hafi bavuga ko intandaro y’uwo mwuka ...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere Joe Biden azatangaza ko yakuyemo kandidatire ye nk’Umudemukarate uziyamamariza kuyobora Amerika. Biden avuga ko...
Dr. Frank Habineza w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu avuga ko guhera mu Cyumweru git...
Politiki y’Ubwongereza igiye kugira isura nshya nyuma y’uko ishyaka rya Minisitiri w’Intebe Rishi Sunak ritakaje imyanya mu Nteko ishinga amategeko, ahubwo bakiganza iy’irindi shyaka rikomeye ry’abako...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika wa Democratic Green Party of Rwanda, Dr. Frank Habineza, yavuze ko mu minsi 11 amaze yiyamaza hirya no hino yabangamiwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma ...









