Sena y’Uburundi yemeje ba Guverineri bashya bo kuyobora Intara z’iki gihugu zirimo n’iziherutse gushingwa bushya. Tariki 04, Nyakanga, 2025 nibwo Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko hari Intara nshya...
Kuri uyu wa 08, Nyakanga, 2025 Victoire Ingabire Umuhoza azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro aje kuburana ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Saa yine za mu gitondo kare nibwo iryo burani...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Kigali yategetse ko Victoire Ingabire arwitaba akabazwa iby’abayoboke bivugwa ko ari ab’ishyaka rye DALFA Umurinzi baregwa gushaka guhirika ubutegetsi hadakoreshe...
Ishyaka riharanira kwishyira ukizana kwa buri wese, Parti Libéral, PL, ryaraye ritangaje ko rigiye gukomeza gufasha inzego za Leta kugera ku ntego z’iterambere ryiswe NST 2. U Rwanda rwiyemeje ko izo ...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Hon. Senateri Donatille Mukabalisa usanzwe uyobora Ishyaka Parti Libéral yavuze ko abayoboke biri shyaka bahora bibuka akamaro abahoze ari abayoboke n’abayobozi baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi...
Urukiko muri Tanzania rwanzuye ko Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta witwa Tundu Lissu ahamwa n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu. Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hate...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...









