Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imibereho myiza Agnes Uwamariya avuga gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri yagize uruhare rwiza mu kugabanya igwingira. Uwamariya avuga ko ...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Bujyacyera Jean Paul uzwi mu biganiro by’imyidagaduro ku Isango Star wamamaye ku izina rya Gutermann Guter yatangiye kubaka ishuri ry’abana bato rizuzura rifite agaciro ka miliyoni Frw 120. Icyifuzo ...
Ku kigo cy’amashuri abanza cyo muri Kenya kiri ahitwa Endarasha habereye ibyago byatewe n’inkongi yahitanye abana 17 abandi benshi barakomereka. Hari ubwoba ko umubare w’abana bahasize ubuzima uri buz...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette yatangaje ko hari ababyeyi batarumva akamaro ko gutanga umusanzu wo kugaburirira abana ku ishuri, bigatuma ifunguro bahabwa rituba. Avu...
Umuyobozi w’ishuri n’umuzamu waryo batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri. Bombi bakoreraga ikigo cy’amashuri abanza cya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko bafashwe mu m...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...
Umuyobozi muri CLADHO ushinzwe ibikorwa no kwita ku bana, Evariste Murwanashyaka avuga ko kuba Leta yarashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri byatumye abenshi muri bo bakunda kwiga. Yabivuz...
Minisiteri y’uburezi ivuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yagize umusaruro ugaragara cyane cyane mu gutuma abana bagana ishuri kandi bakarigumamo. Ibi byagize uruhare mu kuzamura ireme ry’ub...
Uwo mwana yitwa Gani Decklan Ngamije hakaba hari hashize amasaha 15 bamushakisha nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto ye atabarizwa. Amakuru avuga ko uyu mwana yabuze ubwo yari y...









