Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi yabwiye abikorera ku giti cyabo ko u Rwanda rwahize ko mu myaka itanu iri imbere rugomba kuba rwohereza hanze ibintu bifite agaciro ka Miliyari $7 z...
Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego ...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi avuga ko ubucuruzi hagati y’ibihugu by’Afurika bwaba uburyo bwo kwirinda intambara zikunze kuvuka hagati yabyo. Yabivugiye m...
Nelly Mukazayire uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo avuga ko siporo iramutse yitaweho yaba inkingi yo kuzamura ubukungu bw’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uyu muyobozi ...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana, mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, yashyize umukono ku masezerano ya miliyoni $200 u Rwanda ruzahabwa na Banki Nyafurika itsura Amajyambere...
Abwira abateraniye mu kiganiro yatangiye i Riyadh muri Arabie Saoudite, Perezida Kagame yavuze ko gushora imari mu mibereho myiza y’abaturage no kubazwa ibyo abantu bashinzwe biri mu byatumye u Rwanda...
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ivuga ko mu mwaka wa 2023 kuri byinshi iki kigo cyagezeho, harimo no kwandika ishoramari ryakorewe mu Rwanda rifite agaciro ka miliyari $2.4...
Bboxx yatangaje ko mu rwego rwo kurushaho gukorana n’Afurika muri rusange n’u Rwanda by’umwihariko, igiye kwimura icyicaro cyayo kikava i London mu Bwongereza kigashyirwa i Kigali mu Rwanda. Gis...
Kampeta Sayinzoga Pitchette uyobora Banki nyarwanda y’iterambere, BRD, avuga ko u Rwanda rwashyizeho ikigega cyo gutera inkunga imishinga y’iterambere rirengera ibidukikije kitwa Rwanda Green Fund kan...









