I Saoul mu Murwa mukuru wa Koreya y’Epfo habereye iserukiramuco ryitabiriwe n’ibihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda. Ni mu iserukiramuco rihuza Koreya y’Epfo na Afurika ryitwa ...
Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse. Iri serukiramuco rizatangira ...
Juno Kizigenza na Christopher batangaje ko batazitabira iserukiramuco rigenewe guhuza abahanzi bo mu Rwanda n’abo muri Uganda rizatangira tariki 26, Nyakanga, 225. Uganda-Rwanda Music Festival ni iser...
Madamu Jeannette Kagame yaraye yitabiriye ibirori bifungura iserukiramuco mpuzamahanga ribereye bwa mbere mu Rwanda ryiswe KigaliTriennial2024. Rizamara iminsi icyenda rikazahuriramo abahanzi barenga ...
Mu mujyi wa Kigali habereye iserukiramuco ryateguwe n’Abanyarwanda n’Abarundi ryiswe ‘Iteka African Cultural Festival’. Ryerekaniwemo imbyino n’ibindi bigize umuco w’aba baturage bombi, bikorwa mu rwe...
Ubwo ubuyobozi bwa RDB n’’ikigo mpuzamahanga gikora indirimbo zica kuri televiziyo mpuzamahanga ya Trace batangazaga abahanzi batatu batoranyijwe ko bakomeza guhatana na bagenzi babo bo muri Afurika, ...
Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko yarakajwe no kubona mu iserukiramuco ry’umuziki ryiswe Nyege Nyege Festival riherutse kubera muri Uganda haragaragayemo abagore bavuza ingoma z’u Burundi kandi kizi...
MTN yasinye amasezerano ayiha uburenganzira bwo kuba umuterankunga mukuru w’iserukiramuco ryiswe ATHF Festival 2022 byitezwe ko rizaririmbwamo n’umuhandi Kizz Daniel. Oluwatobiloba Daniel Anidugbe wam...







