Umuforomokazi mu bitaro bya Mugonero mu Karere ka Karongi witwa Ishimwe Marceline ukora muri Isange One Stop Center y’aho avuga ko imwe mu mbogamizi ituma kwita ku bahohotewe bigorana ari uko abantu b...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubugenzacyaha muri RIB, Jean Marie Twagirayezu, yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Burkina Faso, Dr Roger OUEDRAOGO hamwe n’abamuherekeje kuri Isange ‘One Stop Centre.’ ...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yasabye abakora muri za Isange One Stop Center hirya no hino mu Rwanda kongera imikoranire kugira ngo ababagan...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare babwiwe ko ntawe ukwiye kubura ubutabera kubera ko imimerere ye itamwemerera kwitangira ikirego. Hari abafite inshingano zo kubatangira ibireg...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha basaba abaturage muri rusange n’ab’i Muhanga by’umwihariko kujya batanga amakuru ku makimbirane yo mu ngo z’abaturanyi hakiri kare aho ku...
Mu Karere ka Gakenke haraye hafunguwe Isange One Stop Center ya gatatu iri ku bitaro bya Gatonde biri mu Murenge wa Mugunga. Ni iya gatatu kuko habaga iya Nemba n’iya Ruli. Kuba hari ebyeri gusa byatu...
Umunya Jordania[kazi] Sima Sami Bahous uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bagore yavuze ko uburyo bwa Isange One Stop Center u Rwanda rwashyizeho ari ingirakamaro mu gufasha abagore cyan...
Ku Cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda hateraniye Inama nyunguranabitekerezo y’abagenzacyaha bo mu bihugu bigize EAPCCO kugira ngo harebwe uko mu bihugu bigize uyu muryango hazashyirwa za Isange One ...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Assoumpta Ingabire yavuze ko abakira abagana ibigo byita ku bahohotewe bitwa Isange One Stop Centers bagomba gukomeza gut...








