Abatuye mu Mijyi y’u Rwanda bakunze kwambara isaha, haba iburyo cyangwa ibumoso. Abatayambara bayigendana kuri telefoni zabo, abandi bakagira isaha mu ngo zabo no mu biro. Icyakora ntibibabuza gukerer...
Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Abatuye mu mujyi no mu cyaro bazi neza ko saa kenda z’ijoro rusake iba igomba kubika. No ku manywa nabwo kandi ibika saa kenda. Ni iki kiri mu mutwe wa rusake cyiyibwira ko isaha runaka igeze, ko igom...


