Amakipe y’u Rwanda akina umukino witwa Sitting Volleyball mu bagabo n’abagore yatsindiye kuzakina Shampiyona y’isi izabera mu Bushinwa mu mwaka wa 2026. Iyo ntsinzi yabonetse nyuma kwitwara neza muri ...
Iyo kipe yo muri Libya yegukanye Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL2025) itsinze Petro de Luanda yo muri Angola amanota 88-67. Hari mu mukino wa nyuma wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, t...
Umutoza mukuru w’Amavubi Carlos Alos Ferrer yahamagaye abakinnyi 24 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino yo gushaka itike y’imikino y’Afurika y’ibihugu ku bakinnyi bakina imbere mu gihugu. Ni imiki...


