Muri BK Arena hari kubera irushanwa rikorwa n’Abisilamu baturutse mu bihugu birenga 40 bahura bakarushanwa kuvuga Korawani mu mutwe. Abateraniye muri iyi nyubako ni ababaye aba mbere mu bihugu byabo, ...
Nyuma yo gufungura Gymnasium izafasha abanyeshuri bakunda Basketball kubona aho bakiyikinira, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’uyu mukino, FERWABA, ryatangaje ko haraye harangiye ingando z’abakiri bato baki...
Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...
Kuri uyu wa Gatanu Urukiko Rukuru rwatangiye kuburanisha ubujurire mu rubanza ubushinjacyaha bwajuririye burega Dieudonnée Ishimwe uzwi cyane nka Prince Kid. Yahoze ayobora ikigo cyateguraga irushanwa...
Ibaye ikipe ya kabiri itangaje mu makipe akomeye itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023. Itangazo ry’ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko byakozwe ku ‘mpamvu zitabaturutseho’. K...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza n’ubw’Impuzamashyirahamwe y’abakina umukino wo gutwara amagare, FERWACY, buherutse gushyira umukono ku masezerano agenga uko irushanwa ry’abakina uyu mukino rizabera i...
Guhera taliki 17-29 Ugushyingo, 2022 u Rwanda ruzakira imikino mpuzamahanga yo gushaka itike yo kuzajya mu gikombe cy’Isi umwaka utaha ICC World Cup T20 Men’s Africa qualifiers. Rizitabirwa n’ibihugu ...
AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup yasezerewe muri iri rushanwa , nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Ukwakira, 2022 ...
Mbere y’uko umukino wahuje ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, n’iy’igihugu ya Ethiopia utangira, buri mukinnyi mu bakinira Amavubi yari yemerewe guhabwa Miliyoni Frw 3 ikipe yabo nitsinda i...









