Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yaraye asezerewe mu mikino ya CECAFA ubwo yahuraga n’ikipe ya Tanzania ikayatsinda ibitego 3-0. Uyu mukino wabereye mu kibuga kitwa AZAM Complex kuri uyu mugoroba. Int...
Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’amaguru, CAF, ryatangaje ko Uganda, Tanzania na Kenya byemerewe kuzifatanya mu gutegura no kwakira imikino ya CHAN 2025. Itangazo rikubiyemo iki cyemezo ryaraye ric...
Ku manota 72 ya APR Basketball Women Club yaraye itsinze REG Women Basketball Club ifite amanota 59, bituma itwara igikombe cya Basketball mu Rwanda kitwa Rwanda Cup 2024. Muri BK Areba niho umukino w...
Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...
Mu Biro bye, Perezida Kagame yakiriye abana b’Abanyarwanda baherutse gutahana imidali myinshi irimo n’uwa zahabu bakuye mu marushanwa yo kumenya imibare bahatanagamo n’abandi baturutse mu bihugu 27 by...
Muri BK Arena haraye habereye umukino wa Basketball wahuje Ikipe ya Basketball y’u Rwanda niya Argentina urangira u Rwanda rutsinze ku manota 61-36. Uyu mukino wari witabiriwe na Perezida wa Rep...
Abanyeshuri batandatu b’Abanyarwanda batahanye imidali itandukanye irimo n’uwa zahabu mu irushanwa mu mibare ryahuje abanyeshuri baturutse hirya no hino muri Afurika. Uretse umudali wa zahabu, abo ban...
Victor Mbaoma wa APR FC yaraye atindiye ikipe ye igitego mu mukino yakinaga na Singida Black Stars. Wari umukino wa mbere APR FC yari itangiye muri CECAFA Kagame Cup 2024. CECAFA Kagame Cup 2024 iz...









