Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwafashe icyemezo cyo gusubiza i Arusha muri Tanzania Abanyarwanda umunani baherukaga kwimurirwa muri Niger, nyuma igategeka ko bav...
Itariki ya nyuma yageze. Abanyarwanda umunani bimuriwe muri Niger baheruka kwemererwa kuguma muri icyo gihugu mu minsi 30, mu gihe bagishakirwa ahandi berekeza. Nyamara u Rwanda rwonyine nirwo rwemeje...
Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside agiye gusubira imbere y’abacamanza b’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, mu gikorwa gitegura urubanza rwe mbere y’uko rutangira...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwategetse Niger guhagarika icyemezo cyirukana mu gihugu Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwayo, nyuma y’igihe baba i Arusha mu...
Umucamanza Theodor Meron wakunze kunengwa n’u Rwanda, yasezeye mu Rwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT), icyemezo kizashyirwa mu bikorwa guhera ku wa 17 Ugushyingo 2021. ...
Augustin Ngirabatware, Anselme Nzabonimpa, Jean de Dieu Ndagijimana na Marie Rose Fatuma bahamijwe icyaha cyo gusuzugura urukiko, mu rubanza rwaburanishwaga n’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga ...
Urwego mpuzamahanga rurimo kuburanisha Kabuga Félicien ku byaha bya Jenoside rwamaze gushyikirizwa raporo icukumbuye ku buzima bwe, ari nayo igomba gushingirwaho hafatwa icyemezo niba akomeza kuburani...
Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha rukorera i La Haye mu Buholandi rwanze gufungura by’agateganyo Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside, ubusabe yari yatanze ku mpamvu yise ko ar...
Kabuga Félicien biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri azagezwa imbere y’inteko y’abacamanza baburanisha urubanza rwe, mu cyumba cy’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, i La H...





