Aho Alain Bernard Mukuralinda avuka mu Karere ka Rulindo habereye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo kumushyingura. Imihango yo kumusezeraho yahereye mu rugo rwe Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ...
Ansélme Nkusi uyobora imirimo ikorerwa ku irimbi rya Rusuroro avuga ko iby’uko gushyingura umuntu bihenze, ko harebwa uburyo ikiguzi bisaba kigabanywa nk’uko biherutse gukomozwaho na Depite Ruku Rwaby...
Kuri Poste ya RIB y’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hafungiwe umugabo witwa Jean d’Amour Hakorimana nyuma yo kugubwa gitumo acukura imva ngo akuremo ibyuma byitwa Fers à Beteaux. Iyo mva iri...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwategetse ko gucukura umucanga muri Nyakiriba wajyanwaga gukorwamo sima biba bihagaritswe kubera ko aho bawucukuraga bahabonye imibiri myinshi. Abafite ababo bashyinguy...
Mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma hari abaturage babwiye itangazamakuru ko bashyingura ababo mu mwobo muto cyane kubera ko ubutaka bw’aho irimbi riri ari urutare. Babiterwa n’uko nta rimbi...
New York yabaye Leta ya Gatandatu muri Leta 51 zigeze Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje ko imirambo y’abantu izajya ifumbizwa. Gufumbiza imirambo y’abantu ngo ni igikorwa kitangiza ibidukikije nk’uko...
Mu tugari twa Kagitumba na Cyembogo mu Murenge wa Matimba, mu Karere ka Nyagatare hari abaturage bavuga ko bakusanyije Miliyoni Frw 4 baziha ubuyobozi ngo bugure ubutaka bazajya bashyinguramo, ntibame...
Umwe mu bacamanza b’i Harare muri Zimbabwe yategetse ko umurambo wa Robert Mugabe wahoze ayobora Zimbabwe utabururwa ugashyingurwa mu irimbi ry’igihugu. Yari yarashyinguwe mu isambu ku ivuko ahitwa Ku...







