Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Irere Claudette aherutse kunenga ko abana 22,000 bo mu Ntara y’Amajyaruguru bataye ishuri mu mwaka wa 2024/2025, akemeza ko bakwiye kurigarurwamo. Mu n...
Abayobozi muri Chorale yitwa Christus Regnat batangaje ko bazakusanya amafaranga bakayageza ku bashinzwe gahunda ya Leta yo kugaburirira abana ku mashuri yiswe Dusangire Lunch. Perezida wa Chorale Chr...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette yatangaje ko hari ababyeyi batarumva akamaro ko gutanga umusanzu wo kugaburirira abana ku ishuri, bigatuma ifunguro bahabwa rituba. Avu...
Guverinoma y’u Rwanda yaraye isinyanye amasezerano n’iya Luxembourg akubiyemo inkunga ya miliyoni € 5 yo guteza imbere amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro hirya no hino mu Rwanda. Ayo mafaranga azatangw...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi bahoze bakorera Minisiteri y’uburezi n’abandi bakoraga muri uru rwego bazize Jenoside, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,...
Uyu mugambi u Rwanda urateganya kuzasubiza abana 177,000 mu ishuri. Ruzawukora ku bufatanye na Qatar n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kureba ishyirwa mu bikorwa by’intego z’iterambere riram...
Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi r...
Hirya no hino mu Rwanda hatangiye ibizamini ngiro ku banyeshuri biga imyuga n’ubumenyi ngiro. Bavuga ko bazabitsinda kandi ko bafite ibikoresho bihagije byo kubafasha kubikora. Bamwe muri bo ni abiga ...
Bisa n’aho mu Karere ka Gakenke haba ingusho kubera impanuka zihabera! Ahitwa Kivuruga ho nta byumweru bibiri bishobora guhita hatabereye impanuka, uko yaba imeze kose… Nk’ubu mu mugoroba wa jor...









