Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro ikigo IRCAD-Africa kiri mu Murenge wa Masaka witwabiriwe na Perezida Paul Kagame, Prof Jacques Marescaux washinze iki kigo, yavuze ko kuba iki kigo yashinze gifu...
Perezida Paul Kagame yatashye inzu mberabyombi yamwitiriwe iherereye mu Mujyi wa Strasbourg mu Bufaransa, mu kigo gitanga amasomo ndetse kigakora ubushakashatsi kuri kanseri zifata urwungano ngogozi, ...

