Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Iran binyuze mu muvugizi wayo witwa Esmaeil Baghaei yatangaje ko ibiherutse gutangazwa n’Intumwa ya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati by’uko hari ibiganiro hagati...
Abafata ibyemezo muri Niger batangaje ko guhera mu ntangiriro za Nzeri, 2023 igiciro cya Iranium idatunganyije icukurwa muri iki gihugu kizamutse. Cyavuye ku mafaranga y’ama CFA 4000 ku kilo (ni ukuvu...

