Abakurikirana imikino mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar bavuga ko hari icyizere ko umukino uri buhuze Amerika na Iran uraba uwo gusabana hagati y’abaturage b’ibi bihugu bisanzwe bitajya imbizi...
Mu guhiga abanzi ba Israel, urwego rw’iki gihugu rushinzwe ubutasi hanze yayo bukoresha uburyo bwose kugira ngo abo banzi bafatwe cyangwa bapfe. Icyakora muri iki gihe Mossad isa n’iyahinduye uko yab...
Umugabo ukomoka muri Iran witwa Amou Hadji wari ufite agahigo ku kuba umuntu wa mbere ku isi ufite umwanda kubera ko amaze imyaka irenga70 atarikoza amazi, yapfuye. Yaguye mu Majyepfo y’iki gihugu mu ...
Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza ...
Ikibazo cyo kubura kw’ibikomoka kuri petelori gishobora kuba ari cyo cyatumwe bamwe biyemeza gushaka no kugurisha litiro 90,000 bya lisanse mu buryo bwa magendu. Ubwato butwaye iriya lisansi bwafatiwe...
Iran yarahiye ko izihorera muri Israel n’inshuti zayo(harimo n’Amerika) kubera ko bagize uruhare mu iyicwa rya Colonel Hassan Sayad Khodayari waraye arasiwe mu modoka ye akahasiga ubuzima. Uyu musirik...
Bisa n’ibitakiri disikuru z’Abanyapolitiki b’i Yeruzalemu gusa, ahubwo byatangiye gutegurirwa uburyo bwo gushyirwa mu bikorwa. Ibyo tuvuga ni ibitero bya gisirikare Israel iri gutegura kuzarasa ku nga...
UBUSESENGUZI: Kugira ngo intambara yeruye hagati ya Israel na Iran ishoboke hari ibintu bigomba kubanza gukorwa kugira ngo ibe. Ibyo ahanini bishingiye ku makosa y’ububanyi n’amahanga yakorwa na kimwe...
Abayobozi muri Minisiteri y’ubutasi bo muri Iran batangaje ko mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 27, Nyakanga, 2021 hari abagabo bakekwaho gukorera ubutasi bwa gisirikare bwa Israel, basatswe ...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo y...









