Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri ...
Indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 zahagurutse mu birindiro by’ingabo z’Amerika biri muri Syria na Iraq zigaba ibitero ku nzu zari zibitswemo ibisasu abarwanyi bashyigikiwe na Iran bari ba...
Kuba Leta zunze ubumwe z’Amerika ari igihangange ku isi, ntawe ubijyaho impaka. Ubuhangange bw’iki gihugu buri mu nzego zose ariko cyane cyane mu bukungu no mu bya gisirikare. Izi ngingo ebyeri nizo z...
Uyu mugabo w’imyaka 60 y’amavuko niwe muyobozi wa Hamas muri iki gihe. Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Richard Hecht yavuze ko ari we wa mbere Israel iri guhigisha uruhindu n’abo bafatanyije...
Hari amashusho ari kuri X yerekana amakamyo atwaye ibifaro byinshi bivugwa ko ari ibya Leta ya Kisilamu ya Iran biri kwegerezwa umupaka wayo na Iraq. Iran is moving heavy equipment to the border with ...
Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ug...
Abaturage ba Israel baramukiye ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu riri i Yeruzalemu bamusaba guhagarika imyitwarire ye kubera ko iri kurakaza Amerika. Bavuga ko ibyo akora b...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Mutarama, 2023 ubutegetsi bwa Iran bwatangaje ko bwamanitse umunya Iran ufite inkomoko mu Bwongereza bwahamije ubutasi yakoreraga ikigo cy’ubutasi bw’A...
Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igi...
Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi. Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe ya Leta zunze ub...









