Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Donald Trump yanditse kuri Truth Social( ni urubuga nkoranyambaga rwe ku giti cye) ko igihe kigeze ngo Iran ikamanike amaboko imbere ya Israel kandi ko ikwiye kubikora nta yandi mananiza. Ibi abitanga...
Abaturage bane ba Israel baraye biyongereye kubo ibisasu bya Iran bimaze guhatana guhera kuri uyu wa Gatandatu ubwo iki gihugu cyatangiraga kwihorera ku gitero Israel yakigabyeho kikica abakomeye. Hag...
Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei. Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubush...
Bisa n’aho intambara hagati ya Israel na Iran iri kuba mpuzamahanga nyuma y’uko Yemen iyobowe na Aba Houthis itangiye gufatanya na Teheran kurasa Israel. Abantu batandatu bamaze kugwa mu bisasu Iran ...
Abasirikare bakuru ba Israel barimo n’umugaba wabo witwa Gen Eyal Zamir bavuga ko kugeza ubu inzira zo kugaba ibitero byeruye kuri Iran zamaze guharurwa. Israel ivuga ko zaharuwe guhera mu mwaka wa 20...
Ikoresheje ibisasu bya missiles biraswa kure, Iran yarashe i Tel Aviv muri Israel, uyu ukaba umujyi ukomeye w’ubucuruzi na Politiki. Niwo mujyi ukorerwamo n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ndetse n’ibya...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 12, Kamena, 2025 ingabo za Israel zirwanira mu kirere zagabye ibitero kuri Iran byibasiye ahantu hasanzwe hatunganyirizwa gahunda zo gukora ibisasu bya kirimbuzi. ...









