Binyuze mu butwererane busanzwe hagati y’u Rwanda n’Ubushinwa, iki gihugu cyahaye ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Musanze, IPRC-Musanze, ibikoresho bigezweho bifite agaciro ka Miliyoni Frw 857. B...
Ni inkongi ikomeye yafashe icyumba kibikwamo ibintu muri IPRC Kigali, ikongeza bimwe mu byumba abakobwa biga muri kiriya kigo bacumbitsemo. Umunyeshuri ukuriye abandi witwa Etienne Micomyiza yabwiye T...
Minisiteri y’uburezi yatangaje kuri uyu wa Gatandatu taliki 05, Ugushyingo, 2022, ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya Kigali, IPRC-Kigali, rigiye gusubukura amasomo. Hari hashize ibyumweru bibiri ri...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko ikigo cya Kigali kigisha ubuhanga n’ubumenyingiro, Rwanda Polytechique, IPRC-Kigali ifungwa, Taarifa yaje kumenya bimwe mu bishobora kuba byateye iri fungw...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko abiga imyuga n’ubumenyingiro bagiye gushyirirwaho ibyiciro byisumbuye bya kaminuza, byiyongera ku gisanzwe gitanga impamyabumenyi y’icyiciro cya m...
Urubyiruko rw’abanyempano mu ikoranabuhanga rwashyiriweho amahirwe yo kwiyungura ubumenyi, mu mushinga uzafasha benshi kugera ku gishoro abandi bagafashwa kwimenyereza umwuga mu bigo byo mu Rwanda no ...
Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro IPRC NGOMA riherereye mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma, ryatashye ku mugaragaro inyubako zirimo izizakoreramo abayobozi, zuzuye zitwaye miliyari 1,3 Frw...






