Abakunzi ba telefoni zitwa iPhone bashonje bahishiwe kuko taliki 09, Nzeri, 2024 ari bwo hazasohoka ubwoko bwayo bwa 16 bita iPhone 16. Kuri iyo taliki nibwo abakozi b’ikigo Apple gifite icyicaro muri...
Guverinoma ya Demukarasi ya Congo yabwiye ibigo bikora ibyuma by’ikoranabuhanga ko bikwiye kutagurira abantu babizanira amabuye kuko aba yibwe kandi yavuye ahantu hamenewe amaraso. Kinshasa yiba...
Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize. Ikinyamakuru...
Hasigaye iminsi ine ngo muri California hatangarizwe telefoni ya iPhone 13 izaba ifite ubushobozi bwo gukorana n’icyogajuru k’uburyo umuntu ashobora guhamagara cyangwa kohereza ubutumwa bitabaye ngomb...



