Hafi yo kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali hari kubakwa inzu ndende igeretse inshuro 19 izaba ari iya mbere mu kurengerera ibidukikije izaba yubatswe mu Rwanda ndetse no mu Karere ruherereyemo bitewe n...
Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba kuba ari inzu zidahenze k’uburyo Umunyarwanda uf...
Mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu hari umuturage uvuga ko igice kimwe cy’inzu ye cyasenywe n’ibiza ubuyobozi bwanga kumufasha kuyisana kandi ari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe. Ubuyobozi bwo bu...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018. Muri Werurwe, 2022 n...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buraha imiryango ibiri yo mu Murenge wa Nkombo inzu nshya zo guturamo. Ni inzu zihawe iyi miryango nk’igikorwa cy’inyongera Polisi y’u Rwanda isanzwe ikorera abaturage ...
Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivis...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bufatanyije n’inzego z’umutekano hamwe n’abafatanyabikorwa bako batangije ubukangurambaga mu Karere kose bugamije kongera isuku hitegurwa CHOGM. Ku rwego rw’Akarere n...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma bya cyera, gutira umuntu i...
Abakora mu rwego rushinzwe ubutabazi baraye barwana no kuzimya umuriro wibasiye abaturage babaga mu nzu nini bakodesha mu Mujyi wa New York. Abenshi mu bantu 19 bapfuye ni abimukira bakomoka muri Gam...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...









