Ku isi hari amoko 3,000 y’inzoka. Wazisanga hafi ku isi hose uretse ku mugabane wa Antarctica, mu bihugu bya Iceland, Ireland, Greenland na New Zealand, ahanini kubera ko hakonja cyane kandi inzoka zi...
Abahanga mu binyabuzima cyane cyane abo mu bikururanda( reptiles) bavuga ko inzoka yo mu bwoko bw’incira( biva ku nshinga: gucira) bita cobra ari yo ya mbere ndende kurusha izindi( ireshya na me...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko Abanyarwanda 41% barwaye inzoka zo mu nda n’izindi ndwara zititaweho. Abantu bakuru nibo bugarijwe cyane kuko muri abo tuvuze haruguru, abagera kuri ...
Imani Basomingera uyobora Ikigo nderabuzima cya Murindi mu Murenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe avuga ko abagombora abarumwe n’inzoka bagabanutse kandi bashishikarizwa kuzana abantu kwa muganga....
Abakozi bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe ubuzima, RBC, bavuga ko indwara zirengagijwe ari ikibazo kiri mu Banyarwanda benshi. Ni ikibazo gikomeye cyane cyane ku byerekeye indwara y’inzoka. Abanyarwan...
Ku Cyumweru Taliki 18, Ukuboza, 2022, umukozi wo kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda yarumwe n’’inzoka yari ivuye mu bihuru byakuriye hafi aho. Uwarumwe n’iyo nzoka ni umugabo witwa Jonathan Kay...
Kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’Umunyafurika, hirya no hino mu Rwanda habereye ibikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu byakozwe kuri uyu munsi harimo guha abana ...






