Mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Jabana hafatiwe Litiro 10,144 z’inzoga Polisi na Rwanda FDA bavuga ko zitujuje ubuziranenge zitwa Huguka Ginger Drink. Zafatanywe umugabo w’imyaka 35 utuye mu Mudugudu ...
Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamenyekanye ku izina rya Ndimbati yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge abwirwa ibyo ubushinjacyaha bumurega. Yari agiye kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agategany...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera agira abakunda inzoga kwirinda rusindira mu ruhame kuko bigize icyaha giteganyirijwe ibihano mu mategeko y’u Rwanda. Ni ina...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko mu ntangiriro z’uyu mwaka(muri Mutarama, 2022) ibiciro byazamutse bikaba bigeze ku kigero cya 4.3% mu gihe umwaka ushi...
Uwari usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nkungu kari mu Murenge wa Munyaga muri Rwamagana(ubu yahagaritswe mu nshingano) yakoresheje ubukwe mu mpera z’Icyumweru gishize mu babutash...
Ikigo Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyashyizeho amabwiriza agomba kubahirizwa n’ibigo bikora inzoga n’ibizikwirakwiza, hagamijwe kurushaho kurengera ubuziranenge bwazo. Ni amabwiri...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 29 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha, bafashwe hagati ya tariki ya 31 Ukuboza 2021 na tariki ya 3 Mutarama 2022, ...
Imibare itangazwa kugeza ubu yerekana ko abantu 11 barimo abo mu Karere ka Gasabo n’abo mu Karere ka Bugesera ari bo bishwe n’inzoga Umuneza ikorwa n’Uruganda RWANDABEV Ltd. Ubugenzacyaha bwamaze guf...
Iki Cyumweru kiri kurangira gisize abaturage umunani bo muri Kimihurura bishwe n’inzoga yiswe Umuneza. Mu gihe ab’i Kigaki mu Murenge wa Kimihurura bacyunamira ababo, i Nyanza mu Murenge wa Kigoma bo...
Mu Kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu bane bivugwa ko bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zitwa Umuneza n’indi yitwa Imberabose. Umuyobozi nshingwabikorwa ...









