Mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi haravugwa utubari dukoresha abana b’abakobwa mu bucuruzi bw’ inzoga n’ubusambanyi. Umwe muri bo wakorewe ibyo bikorwa yabwiye RADIO/TV1 ko tumwe mu tuba...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga asaba abafite butiki kuzibukira kuhahera abakiliya inzoga ngo bazinyweremo kuko bitemewe. Avuga ko icyo babujij...
Mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali muri Gasabo ejo mu masaha y’ijoro bivugwa ko Sibomana Jean Pierre uri mu kigero cy’imyaka 28 yakubise urushyi Hakizimana Innocent w’imya...
Ahitwa Kabaya muri Musanze haravugwa inzoga ikomeye bise Makuruca cyangwa Rukera umuntu anywa agasa n’uwasaze. Yengwa n’umugabo bahimbye Sultan Makenga ariko ubusanzwe yitwa Gasore Sylvestre. Abahatuy...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko uburyo bwiza bwo kutagirwaho ingaruka n’inzoga ari ukutanywa na nkeya. Yabivugiye mu gikorwa cyo kurangiza ukwezi inzego z’ubuzima na Polisi y’u Rwan...
Abanyarwanda cyane cyane abo mu Ntara y’Amajyaruguru, bakunda agahiye. N’ubwo inzoga zemewe, ariko abaganga basaba abantu ‘kunywa mu rugero’. Abantu bakunda inzoga bavuga ko kunywa mu rugero ari ikint...
Mu Karere ka Gisagara hafatiwe inzoga z’inkorano zakorerwaga mu ishyamba rya Leta mu Mudugudu wa Gahoro mu Kagari ka Rwanza mu murenge wa Save. Izafashwe zose hamwe ni litiro 1,140. Izo nzoga z’inko...
Umuhungu w’umuraperi P. Diddy witwa Justin Dior Combs w’imyaka 29 yatawe muri yombi na Polisi y’i California imusanze atwaye imodoka yasinze. TMZ yanditse ko imodoka ya Polisi yirukanse ku ya Ju...
Abitabiriye igitaramo cyahuje abaraperi barindwi beretse Fireman ko bamukunda kurusha abandi bari bajuriye ku rubyiniro. Bamujugunyiye inoti nyinshi k’uburyo nyuma yazirundanyije azibaze asanga ni Frw...
Muri imwe mu nzu zicumbikira abagenzi iri mu Murenge wa Muhima, hazindukiye inkuru mbi y’umugabo wiyipfiriyemo. Biravugwa ko yazize kunywa inzoga nyinshi. Grace Mukandoli uyobora Umurenge wa Muhima ya...









