Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza. Inzoga k...
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru abaturage basanze umurambo w’umuntu mu muhanda barebye basanga ni mutekano wo mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Mujyi wa Musanze! Ib...
Me Samuel Nkubayingoga umunyamategeko w’Uruganda Ingufu Gin Limited avuga ko ubwo babonaga ko ubwo babonaga ko hari abantu bigana inzoga z’uruganda rwabo, byababaje bityo agiye kubatangira ikirego. Mu...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Mu Mudugudu wa Kadahenda mu gasanteri ka Gakingo mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze haravugwa urupfu rw’umugabo waguye hafi y’iwe azize urwagwa yari yanyoye nyuma y’intego yari ahawe n...
Ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage, mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze hafatiwe inzoga y’inkorano yitwa Nzoga Ejo ingana na litiro 2,000. Yahise imenwa. Izi litiro zose zafatiwe mu rugo rwa Nd...
Polisi ya Nigeria yataye muri yombi abagabo babiri ikurikiranyeho gukora inzoga zikomeye ku isi zirimo n’izitwa Jack Daniels zihenze kurusha izindi ku isi. Abo bagabo bari bafite uruganda bakoreragamo...
Ubusinzi bukabije mu rubyiruko rw’i Nyamasheke mu Murenge wa Cyato buraterwa n’inzoga yiswe Ruyazubwonko ariko bahina bakita Ruyaza. Inzoga ‘Ruyaza’ iba intandaro y’urugomo n’amakimbirane ...
Umuryango nyarwanda ugamije kurwanya indwara zitandura Rwanda NCD Alliance uherutse gukora ubushakashatsi bwaweretse ko kunywa inzoga n’itabi bikiri ikibazo ku buzima bw’Abanyarwanda. Ubu bushakashats...
Ni ibyemezwa n’ishami rya RBC rishinzwe indwara zirimo n’izifata impyiko. Igihangayikishije RBC ni uko abo abantu batinda kuzisuzumisha bikazabagiraho ingaruka mu gihe kiri imbere. Izo ngaruka zirimo ...









