Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 06, Nzeri, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze k’ubufatanye n’abaturage yafunze ahakorerwaga inzoga bita Karigazoke, uwazikoraga arafungwa nazo ziramenwa. Hamenwe litiro ...
Abatwara amagare bakorera mu mujyi wa Musanze basaga 100 bibukijwe ko kwirinda impanuka bakazirinda n’abandi ntawe bitagirira akamaro, Polisi ibasaba kujya babizirikana. Igare ni ikinyabiziga kitagira...
Mu Mudugudu wa Munini, Akagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera muri Gasabo hafatiwe umugore Polisi na Rwanda FDA bemeza ko bamusanganye inzoga z’ibyotsi bita Liquors ‘ zitujuje ubuziranenge...
Imirenge y’Akarere ka Gasabo ya Gikomero, Ndera, Rusororo, Rutunga na Bumbogo iri mu Mirenge yo mu Mujyi wa Kigali igaragaramo abantu benshi benga kanyanga. Iki ni ikiyobyabwenge kiri mu bigarag...
Abashinwa nibo ba mbere ku isi banywa byeri nyinshi kuko imibare yo mu mwaka wa 2023 yerekana ko bihariye 20.1% by’izanyowe ku isi hose muri uwo mwaka Abanyamerika nibo ba kabiri kuko bafite 11....
Ku wa Gatandatu tariki 12 Mata 2025 nibwo umuhanzi Chameleone n’umuvandimwe we Weasel bageze i Kampala avuye kwa muganga muri Amerika bakirwa n’abakunzi b’abo bakomoka mu muryango wa Mayanja uzwi cyan...
Inzego z’ubuzima muri Gitega, Umurwa mukuru w’u Burundi, zihangayikishijwe cyane n’ubwiyongere bw’abaturage bazahajwe n’inzoga yitwa Umugorigori, abantu banywa bagasara. Ikozwe mu bigori ariko yanegek...
Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo umugabo wari utwaye inzoga zifite agaciro kari hagati ya Miliyoni Frw 4 na Miliyoni Frw 5 yacuruzaga mu buryo bwa magendu. Yafatanywe amacupa 100 y’inzo...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kuvugurura imisoro, hakagira iyongerwa hagahangwa n’undi mushya. Hazavugururwa kandi uko imisoro yari isanzwe itangwa bikazakorwa mu byic...








