Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga n’Umuyobozi mukuru muri Polisi y’u Rwanda CP George Rumanzi bitabiriye Inama ihuza inzego z’umutekano zo mu bi...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamaze gushyira ku ruhande Miliyoni $ 200( ni Miliyari Frw 280) yo kuzashora mu mishinga wo kugeza murandasi henshi kandi muri serivisi nyinshi, zikazakoreshwa mu mushin...
Abanyamakuru bari bamaze igihe binubira ko hari abayobozi mu nzego z’ibanze banga kubaha amakuru kuko ngo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yabibahayeho umurongo w’uko amakuru areba Akarere atangwa n...
Umunyemari Dubai( amazina ye ni Jean Nsabimana) yaraye abwiye urukiko ko atari buburane kubera ko atamenyeshejwe mbere italiki y’urubanza ngo yitegure. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Gicurasi 2023, ...
Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya ba...




