Akarere ka Bugesera ni ko karere ka mbere mu Rwanda gafite ibiyaga byinshi ugereranyije n’utundi. Intara y’Uburasirazuba kandi niyo ya mbere ifite ibiyaga byinshi. N’ubwo ari uko bimeze, abatuye iki g...
Hari abatuye Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera babwiye itangazamakuru ko inzara yabariye bahitamo gusuhukira mu Murenge baturanye wa Kamabuye kuhashaka akazi. Babwiye TV 1 ko izuba ryatumye...
Abatuye ku misozi ya Mparambo I, Munyika I, Kagazi, Rusiga, Rukana, Rugeregere, Murambi, Kaburantwa, Gasenyi na Ruhagarika muri Komini Rugombo na Komini Buganda mu Ntara ya Cibitoke baratakamba kuko...
Forbes Magazine yashyize Umunyarwandakazi Dr.Agnes Kalibata mu bagore 50 bafite hejuru y’imyaka 50 y’amavuko bagiriye kandi bagifite isi akamaro. Kuri urwo rutonde ari kumwe n’ibyamamare birimo umukin...
Mu minsi mike ishize, hari abaturage bo mu Murenge wa Save babwiye itangazamakuru ko mu gusaranganya ibiribwa bigenewe abaturage bashonje, habayemo uburiganya, ibiribwa bihabwa abo bitagenewe. Byari i...
Mu Muduguru wa Nyagacaca, Akagari ka Muhororo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke haravugwa amakuru y’umugabo bigaragara ko akuze ariko ugiye kwicwa n’inzara kandi abayobozi n’abaturan...
Urugomo rwo muri Gatsibo rwageze n’aho umugore wari ugiye gukora akazi ko guhonda amabuye ya konkase yishwe n’abantu bataramenyekana bamuca umutwe. Ifoto Taarifa yahawe n’umwe mu bahageze mbere yereka...
Si inzara gusa irembeje abatuye Akarere ka Gatsibo ahubwo bataka ko n’abajura babajujubije batobora inzu bashaka icyo barya. Taarifa yaraperereje isanga mu Karere ka Gatsibo hari ibintu byinshi bihung...
Abana batatu bo mu Mudugudu wa Gashari, Akagari ka Gikaya, Umurenge wa Nyamirama batabaje itangazamakuru ngo ribatabirize kubera ko bashonje cyane. Nyina yarahukanye Se nawe aherutse gufungwa azira ‘k...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, WFP, witwa Micheal Dunford aratabaza amahanga ngo atabare abaturage bo mu Ihembe ry’Afurika bugarijwe n’inzara. Kugeza ubu abaturage b...









