Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, Programme Alimentaire Mondial, rivuga ko rwose inzara iri mu batuye Gaza bahunze intambara, ikomeye ku buryo ibiribwa biherutse kumanurwa ...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
ABAYOBOZI bamwe, bitewe n’impamvu zitandukanye, bafata itangazamakuru nk’imbogamizi kuko ribahwitura ngo buzuze inshingano zabo. Urugero ni urw’abo mu Murenge wa Kiziguro banditse banenga Taarifa Rwan...
Mu Kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo hatuye umukecuru w’imyaka 71 urwaye indwara yamurembeje guhera muri Nyakanga, 2024. Siyo gusa imurembeje ahubwo n’inzara ntimworo...
Guverineri wa Ituri Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama avuga ko abasaba ingabo za DRC kwitanga ku rugamba baba bazishinyagurira kuko zishonje cyane. Mu minsi 30 y’ukwezi, baryamo iminsi 15 gusa...
Mu bukungu umusaruro ku isoko ugira ingaruka ku biciro. Umusaruro w’ibikomoka ku bworozi mu Rwanda, by’umwihariko, utubuka cyangwa ugatuba kubera impamvu zitandukanye. Bimwe mubyo aborozi bavuga ko b...
Ku bufatanye bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, n’abafatanyabikorwa bacyo, gusazura ikawa bimaze gukorerwa mu turere icyenda. Iki gikorwa cyatang...
Zimbabwe ni cyo gihugu cyazahajwe n’ingaruka za El Nino zabiteye kwadukamo uruzuba rwatumye haduka amapfa ubu inzara ikaba inuma. Iyo nzara yageze ku baturage barenga kimwe cya kabiri cy’a...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa inzara ahubwo ari ...









