Hafi y’ibitaro bya Faysal mu Murenge wa Kacyiru muri Gasabo hagiye kubakwa inzu ndende bigaragara zigize umushinga w’imiturire wiswe Ramba Hills Project. Izo nzu ebyiri muri zo zizaba zifite izindi z...
KARONGI: Ibyari byateguwe kandi byishyuwe ku kiguzi kinini n’ababyeyi ngo abana babo bari bagiye gushyingiranwa bakorere ibirori ahantu heza, byaje guhinduka inkuru yajegeje imbuga nkoranyambaga mu mi...
Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru kuri uyu wa Mbere abari basanzwe babyaza umusaruro Kigali Heights bavuze ko bayigurishije n’ikigo cy’ubucuruzi YYUSSA Company Ltd ku giciro cya Miliyari Fr...
Ikigo kitwa Kigali Heights Development Company giherutse kugura inyubako ikomeye yo mu Mujyi wa Kigali yitwa Kigali Heights. Mu masaha y’umugoroba hateganyijwe ikiganiro n’itangazamakuru kiri bugaruke...
Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ubyitegereje ukabigereranya n’Ibiro by’Uturere dutandukanye harimo n’Ibiro bya Kicukiro( Akarere ka mbere gakize mu Rwanda), usanga ari byiza cyane....
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’ikoranabuhanga Kigali Innovation City, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko niwuzura ukwiye kuzabera abashoramari mpuzamaha...
Mu mijyi yungirije Kigali hari kubakwa ahantu ho guhangira udushya mu ikoranabuhanga bita Incubation Centers. Ni inyubako zizaba zirimo ibikoresho byo gukoresha mu kwiga imishinga itandukanye igamije ...
Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatatu mu nyubako yo kwa Mukuza hadutse inkongi. Iyi nyubako iba mu Mujyi wa Kigali rwagati, ikaba imwe muzikorerwamo ubucuruzi bw’inzego zitandukanye. Yitiriwe umu...
Kuri uyu wa Kane taliki 23, Gicurasi, 2024 Perezida Kagame yafatanyije na Marc Rugenera gufungura Ibiro bishya by’Ikigo cy’ubwishingizi Radiant kiri mu Murenge wa Nyarugenge mu Kaere ka Nyarugenge mur...
Abubaka inyubako izaha ababyeyi serivisi mu bitaro bya Kibagabaga bavuga ko igeze kure yuzura. Iyo nyubako iri kubakwa ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ububiligi mu kitwa Cooperati...









