Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa. Ubwicanyi bwa ADF bwakozwe mu ijoro ry...
Amakuru atanganzwa n’abanyamakuru ku giti cyabo ndetse n’urubuga rw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abarwanyi ba M23 bavuye mu bice byinshi bari barigaruriye. Bimwe muri byo byahise ...
Mu Ntara ya Tanganyika, Telitwari ya Kalemie haravugwa igitero cy’umutwe w’inyeshyamba z’Abatwa bagabye bakoresheje imiheto n’imyambi bagahitana umugore, bagatwika za nyakatsi kandi hagakomereka abant...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika yabereye Addis Ababa yanzuye ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze taliki 30 Werurwe, 20...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha. Itangazo ryasinywe n’umuv...
Patrick Jean Pouyanné uyobora Ikigo cy’Abafaransa gicukura kandi kigatunganya ibikomoka kuri Petelori ari hafi gusura aho ikigo cya Leta y’u Bufaransa TotalEnergies gikora iriya mirimo muri Cabo Delg...
Umuyobozi wa kimwe mu bice bigize Rutshuru kitwa Bambo yatangaje ko abarwanyi ba M23 bakajije ibirindiro byabo byegereye ahitwa Tongo, Mulimbi, Kishishe, Bwiza, Mabenga-Rwindi no ku gasozi ka Nyundo m...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre. Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bish...
Taliki 16, Ukuboza , 2022 ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zateye M 23 ziyitunguye ziyisukaho umuriro w’inkekwe. Iyo mirwano yarangiye ingabo za DRC zigambye kwirukana M23 mu bice bine war...








