Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa iyobowe na Stéphane Sejourné yasohoye itangazo rivuga ko iki gihugu gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo n’intwaro ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi y...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yasabye isi yose gusengera ababikira batandatu baherutse gushimutirwa muri Haïti bikozwe na bamwe mu barwanyi b’umwe mu mitwe 3oo yayogoje kuriya g...
Kubera impamvu zitaramenyekana, mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma habereye imirwano hagati y’ingabo za DRC n’urubyiruko rugize ikiswe Wazalendo. Abatuye uyu mujyi bavuga ko babanje kugi...
Amashusho yo kuri X yatangajwe n’ikinyamakuru Le Mandat arerekana Umuvugizi w’ingabo z’Uburundi witwa Colonel Floribert Biyereke ahakana ibivugwa ko ingabo z’igihugu cye zikorana na FARDC, Mai Mai, Wa...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yabwiye abanyamakuru barimo n’aba Jeune Afrique ko nta na rimwe Guverinoma ye izaganira na M23, umutwe avuga ko ari ubw’inkozi z’ibibi z...
Minisitiri w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo Jean Pierre Bemba yatangaje ko hari inyeshyamba zitwa Mobondo ziri mu bice byegereye Kinshasa. Ziri ahitwa Kwilu, Kwango, Maï-Ndombe no mu nken...
Évariste Ndayishimiye uyobora Uburundi ari muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ku rutonde rw’ibyo azakora harimo no kuzasinyana na mugenzi we Felix Tshisekedi amasezer...
Mu Majyaruguru ya Tchad hari inyeshyamba ziri kotsa igitutu ubutegetsi bwa Perezida Mahamat Idriss Déby Itno. Zigize umutwe witwa CCMSR. Perezida Itno aherutse kujya kuganira n’abasirikare be bakorera...
Inyeshyamba za ADF zikomeje kubera ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ihwa mu kirenge. Nta gihe kinini gishira zitishe abaturage mu bice bitandukanye by’iki gihugu. Nk’ubu imibare itanga...
Inteko ishinga amategeko y’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yanzuye ku bwiganze ko iyi Ntara ikomeza kuyoborwa n’abasirikare, ikaguma mu bihe bidasanzwe bita état de siege. Ibi bihe kandi bigomba gukomez...









