Umutingito ufite ubukana bwa 8.8 ku gipimo cya Ritchter wabereye mu nkengero z’Uburusiya hafi y’ikirwa Kamchatka wateje umwuzure abahanga bita Tsunami watumye abatuye iki gice n’ahandi bah...
Abarobyi 200 muri 234 bari baherutse gufatwa na Polisi ya Angola irinda imipaka ikora ku mazi baraye barekuwe. Bafashwe Tariki 25, Nyakanga, 2025 baroba amazi ari ahitwa Kimuabi muri Teritwari ya Moan...
Hashize hafi Icyumweru Polisi y’u Rwanda isinyanye amasezerano n’iya Gambia. Iy’u Rwanda yari ihagarariwe na IGP Felix Namuhoranye n’aho iya Zambia ihagarariwe na Gen Seedy Muctar Touray. Taarifa Rwan...
Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu bari baburimo baburirwa irengero. Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa. ...
Bamwe bavuga ko yari Umutaliyani mu gihe ubushakashatsi buheruka bwemeje ko ibihamya bya gihanga byerekana ko Christopher Columbus yari Umuyahudi wabaga muri Espagne. Impaka mu ntiti ku nkomoko ya Chr...
Abategetsi ba Misiri, Somalia na Eritrea – ibihugu ubu bifitanye amakimbirane na Ethiopia – bamaze iminsi mu nama i Asmara muri Eritrea, aho biyemeje gukorana mu kubangamira inyungu za Ethiopia. Mu it...
Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Kuri iki Cyumweru abantu barohamye mu bwato bwaganaga ku kirwa cya Nampula muri Mozambique, abagera kuri 90 bahasiga ubuzima. Amakuru avuga ko intandaro y’iyi mpanuka ari uburemere bukabije bw’abantu...
Ingabo zishyize hamwe z’Ubwongereza n’iza Amerika zagabye ibitero by’indege ahantu hatandukanye hari habitse ibisasu by’abarwanyi b’aba Houthis bo muri Yemen bamaze igihe barafunze inzira y’amazi y’In...
Indege z’intambara za Amerika, ku bufatanye n’ingabo zo mu kirere z’Ubwongereza, zagabye ibitero muri Yemen ku birindiro by’abarwanyi b’aba Houthis. Byagabwe ku birindiro 36 by’aba barwanyi biri muri ...









