Uyobora Ishami rishinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel witwa Sharon Bar-Li yanditse mu gitabo cy’abasura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi ko kuba...
Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter bagiye guhabwa uburyo bwo gukosora inyandiko(tweet) banditse nabi. Ni uburyo butari busanzwe buriho mu myaka 15 Twitter imaze ikora. Icyakora uwanditse nab...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’abandi bakora mu nzego z’ubutabera mu Rwanda bavuga ko bikwiye ko inyandiko z’uko imanza zaburanishirijwe mu cyahoze ari Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye rwashy...
Mu ibaruwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi akayishikirizwa na Minisitiri w’Intebe, yanditse mo ko ateganya kuzahura nawe. Ibaruwa Perezida Kagame yoherereje Ndayis...
Ku mbuga nkoranyambaga hari inyandiko iri kuhacicikana isaba abantu gusinya inyandiko isaba inzego z’ubugenzacyaha gukurikirana umunyamakuru Agnes Nkusi Uwimana na Aimable Uzaramba Karasira( wahoze a...
Albert Einstein ni umwe mu bahanga bakomeye kurusha abandi babayeho mu mateka y’isi. Uretse kuba yari umuhanga mu mibare n’ ubugenge yari n’umuhanga mu gucuranga icyuma cy’umuziki bamwe bivuga ko giko...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 01, Gicurasi, 2021 ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abakozi. Impuzamiryango y’abakozi mu Rwanda yitwa CESTRAR yasohoye itangazo rikubiyemo ibyifuzo by’abakozi h...
Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Mata, 2021 hagati y’ubushinjacyaha na Bwana Alfred Nkubiri burega gukoresha inyandiko mpimbano, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Gasab...
Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Bwana Joseph Mugire wahoze ari umuyobozi muri Koperative Umwalimu SACCO na Liliane Nyirarukundo nawe wakoraga muri iriya Koperative ibakurikiranyeho inyandik...
Mu Butayu bwitaruye buri muri Yudaya haherutse kuvumburwa inyandiko za Bibiliya bavuga ko ari umwimerere wizanditswe n’abahanuzi Zekariya na Nahumu. Aba ni abahanuzi bari mubo Intiti muri Bibiliya zit...









