Inyamaswa ziri mu moko menshi ari zo amafi, ibikeri n’intubutubu, inigwahabiri, ibikururanda n’inyamabere. Reka duhugurane ku miterere y’inyamabere: ubwoko bw’inyamaswa burimo ...
Nyuma gukusanya amafaranga Pariki y’Akagera yinjije mu mwaka wa 2024, ubuyobozi bwayo bwasanze ingana na Miliyoni $ 4.7 ni ukuvuga angana na Miliyari Frw 6,7 zisaga… Ayo mafaranga yishyuwe n’abantu 56...
Abahanga mu binyabuzima cyane cyane abo mu bikururanda( reptiles) bavuga ko inzoka yo mu bwoko bw’incira( biva ku nshinga: gucira) bita cobra ari yo ya mbere ndende kurusha izindi( ireshya na me...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru kitabiriwe n’Umuyobo...
Ku bufatanye bw’abashakashatsi mu binyabuzima bo mu Rwanda no mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba haherutse gutangazwa ko mu gishanga cy’Urugezi gikora kuri Gicumbi na Burera hari ubwoko bw’ibinyabuzi...
Muri Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro harimo inkuru y’uko umugabo witwa Nowa wari intungane mu bari batuye isi mu gihe cye, yubatse inkuge( ubwato bunini) abushyiramo buri bwoko bw’ikinyabuzima, ikig...
Intebe y’Inteko y’Umuco Nyarwanda Ambasaderi Robert Masozera yabwiye Taarifa ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari ahantu mu Rwanda barya imbwa, ari ibintu bidasanzwe. Avuga ko ubusanzwe imbwa ari yo izwi...
Hari ibiganiro hagati y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, bigamije kwemera ko ishyamba rya Nyungwe riba kimwe ...
Imibare ivuga ko abaturage ba Tanzania bari mu bicwa n’inyamaswa z’ishyamba kubera imiturire itubahiriza imbago z’ibyanya bikomye. Raporo yitwa The 2020/24 Report of The National Strategy on Controlli...
Ubuyobozi bwo mu Karere ka Bugesera buvuga ko mu bice bimwe by’aka Karere hakiboneka inyamaswa zirisha Abanyarwanda bise INZOBE. Binemezwa kandi n’Umuryango Nyarwanda wita k’urusobe rw’ibinyabuz...









