Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 ingurube 15 zirimo iz’ubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc zagejejwe ku kibuga cy’indege cya Kigali. Zatumijwe na rwiyemezamirimo Jean Cl...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwabagiye ikimasa abaturage bo mu Murenge wa Mpanga mu rwego rwo kubashimira ko bari imbere mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, Mutuelle de Santé. Abo mu Murenge wa Maha...
Jean Marie Pierre Ngirumugenga atuye Umurenge wa Kigabiro mu Karere Ka Rwamagana. Aherutse kubwira itangazamakuru ko ubumenyi yarahuye ku baturage bari basanzwe boroye ingurube bwamufashije nawe arazo...
Mu nama yaraye ihuje abagize Urugaga nyarwanda rw’aborozi b’ingurube n’abafatanyabikorwa babo, Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi ushinzwe ubworozi Dr Solange Uwituze yavuze...
Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga bo bavuga ko irinda umwijima kubyimb...
N’ubwo byari bisanzwe bizwi ko kurya inyama nyinshi byongera ibinure mu mitsi bigatuma amaraso adatembera neza, ubushakashatsi bwerekanye ko ubukana bw’iki kibazo burenze ubwo abantu basanzwe bazi. Ni...
Mu nama yahuje abantu bafite aho bahuriye n’ubuhinzi n’imirire y’Abanyarwanda harimo na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, hatangajwe ko inyama Abanyarwanda barya hanze y’ingo zabo zibanduza indwara. ...






