Mu rukerera rwo kuri uyu wa 9 Kanama, Polisi ikorera mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera k’ubufatanye n’abaturage yafatiye mu cyuho abagabo babiri bari bibye ihene ebyiri z’umuturan...
Abatutsi barokokeye Jenoside mu Murenge wa Mururu ya Rusizi y’ubu, basaba inzego bireba uko ahitwa Gatandara hashyirwa urwibutso rwihariye rwerekana ubugome Interahamwe zicanye Abatutsi zikabarya inya...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri MINAGRI itashye uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro, aborozi b’ingurube babishimye ariko basaba ko ibyo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo mu Muryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu Ambasaderi Claver Gatete yaraye avuze ko kimwe mu byo yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngire...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu witwa Habanabakize Etienne yishwe n’inyama y’inka itogosheje yamiranye amerwe menshi ihera mu muhogo imuheza umwuka. Yageze m...
Akaboga karacyari imbonekarimwe ku Banyarwanda benshi kuko impuzandengo ivuga ko buri Munyarwanda arya ibilo umunani ku mwaka yakagombye kurya ibilo 45 ku mwaka. Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, kivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, inyama u Rwanda rwohereje yo zikubye kabiri mu bwinshi ugereranyije n’uko byahoze mu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) kivuga ko abantu bakwiye kubungabunga ubuziranenge bw’inyama. Gisaba abantu kumenya ko inyama zu...
Mu Mudugudu wa Kigarama, mu Kagari ka Kibinja mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza ku Bunani( taliki 01, Mutarama, 2024) umugabo yamize inyama ishyushye cyane kandi nini igeze mu muhogo iritam...









